Bamwe mu baturage bo mu turere twa Musanze na Burera bemeza ko bamaze gusobanukirwa na Mituweli bakavuga ko bitakiri ngombwa gukoresha imbaraga...
Ibyo gufata ubutegetsi anyuze muri politiki biramunaniye arishakira ifaranga Nyuma yo gukoresha imbaraga zose zamugeza ku butegetsi bikananira, ubu yahinduye umuvuno, yiyemeza...
Mu numero yacu iheruka twabagejeje ho abaperezida bayobora bimwe mu bihugu bya Afurika bakuze cyane, kandi abenshi muri bo bamaze imyaka myinshi...
Rwiyemezamirimo Gacinya Chance Denis aravugwaho gutuburira Leta mu masoko menshi agenda ahabwa, mu gihe Parike yakamukurikiranye itangaza ko yamubuze. Komisiyo y’Abadepite ishinzwe...