Abahinzi bo mu mirenge ya Matimba na Musheri batuye hafi y’ikibaya cy’Umuvumba barishimira ko nyuma yo guhuza ubutaka bagatangira kubwuhira byabongereye umusaruro...
Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko uturere tugomba gukora igenamigambi ryo gukirakwiza amazi ahantu hose ku buryo amazi meza azagera ku...
Benshi mu bagore bo mu cyaro bazindukira mu turimo tudashira, turimo guhinga, kwita kubana, amatungo no gushaka ibyo kurya nyamara hari benshi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Ryita ku Buzima, OMS ryemeje ikoreshwa ry’inzitiramubu zikoranye umuti mushya wo mu bwoko bwa chlorfénapyr, bikaba ari ubwa mbere...