Abaturage bo mu murenge wa Kivuye biganjemo abagabo baravuga ko bahangayikishijwe n’ itegeko rishya ry’ umuryango n’ abantu , riherutse kuvugururwa rigatangazwa...
Abaturage b’umurenge wa Nyagihanga, Akarere ka Gatsibo, bakoze igikorwa cy’indashyikirwa aho bubakiye icumbi rya polisimuri uwo murenge kugirango bajye babasha gucungirwa umutekano....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo, Intara mu y’Iburasirazuba, buravuga ko bwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’abantu bagura imyaka y’abaturage rwihishwa kuko babunamaho bakabahenda...