Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
Ibi ni bimwe bitangazwa na Habyarimana Evariste, Umunyamabanga mukuru wa sendika y’abakozi bakora ubwubatsi, ububaji n’ubukorikori mu Rwanda (STECOMA), ubwo kuwa 10...
Mu Karere ka Rubavu, imirimo yo kubaka isoko rya kijyambere rya Gisenyi irakomeje, yubahiriza amahame ajyanye no kurengera ibidukikije mu rwego rwo...
Gen Maj Francis Takirwa, Umugaba wungirije w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, agaragaza ko yishimiye uburyo ingabo z’igihugu cye n’iz’u Rwanda zifatanya...