MTN Foundation ibinyujije mu ntumwa yayo Madamu Zulfat Mukarubega yatanze amafaranga Miliyoni 50 mu rwego rwo kunganira Leta muri gahunda zo kuzamura...
Imibare itangwa na Transparency International Rwanda (TI) yerekana ko abatanga amakuru kuri ruswa bagenda bagabanuka aho kwiyongera ngo ihashywe burundu. Byagaragarijwe mu...
Ni ku nshuro ya 13 Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK) yongeye gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri baharangije, barimo ibice bibiri aribyo abarangije icyiciro...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwujuje inyubako y’ibiro by’ako karere, ikazafasha mu mitangire myiza ya serivisi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert, avuga...