Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Nyakanga 2019, mu karere ka Rwamagana herekanywe umuyoboro mushya w’amazi wuzuye uzakwirakwiza amazi meza m’umurenge...
SHE (Sustainable Health Enterprises) ikigo gikorana n’amakoperative abarirwa mu bice by’icyaro m’ugukura ubudodo mu nsina bugatunganywa bukavamo udukoresho tw’isuku twitwa “go!” twifashishwa...
Abayobozi b’amwe mu makoperative mu Rwanda barishimira intambwe bagezeho ndetse n’inyungu bakuye muri Business bakora, barashimira imiyoborere myiza yashyizweho na Leta ibinyujije...
Bamwe mu bakozi ba Kigali Serena Hotel n’abari abakozi bayo bayishinja kubahemukira ikabima amasezerano nyuma yo kuyikorera igihe kirekire ikabirukana ikoresheje amayeri...