Agasimba kihariye bita akanyenyeri, gafite urugingo rwagereranywa n’itara. Urwo rugingo rutwikiriwe n’amagaragamba atuma urumuri rwako rwiyongera. “ Itara ry’agasimba bita inyenyeri” Abashakashatsi...
Ikigo cy’ubucuruzi gishinzwe ubwikorezi, RITCO (Rwanda Interlink Company Limited) cyatangiye ku mugaragaro nyuma y’amezi arindwi gikora, kuko cyatangije nyuma y’iseswa rya ONATRACOM....
Mu nama rusange y’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyagatare yo kuri uyu wa 3 Gashyantare 2017 yari iyobowe na Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere...
Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango yateranye mu nama idasazwe yemeza ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka wa 2016-2017. Ingengo y’imari yemejwe ingana n’amafaranga y’u...