Abantu benshi barakomeza kutavuga rumwe ku bijyanye n’igabanuka rikabije ry’ibiribwa mu Rwanda. N’ubwo umuhindo utagenze neza muri rusange kubera imvura yabaye nkeya,...
Umunaninro ugera kuri buri wese no mu kigero ari mo cyose. Yaba umwana yaba ingimbi abasheshe akanguhe, n’abakambwe, baba abakora cyangwa abadakora,...
Diyabete ni indwara iterwa n’ubwiyongere bukabije bw’isukari nyinshi ndetse hakaba n’iterwa n’isukari nkeya mu mubiri, ariko kandi ikaba ivurwa igakira iyo igaragaye...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...