Ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’abibubmbye ryita ku Iterambere ry’abaturage (UNDP), n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR), Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) yateguye amahugurwa agenewe ...
Ikoranabuhanga ni ishingiro ry’ubumenyi bw’ikinyagihumbi Africa Smart Investment-Distribution (ASI-D) yateguye igikorwa cyo gufasha abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye bari mu biruhuko...
Leta y’u Rwanda yiyemeje korohereza abafite ubumuga kubona serivise, kugira ngo nabo bafashwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu cyabo, ibyo bikama biri...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ishami ryo gutwara abantu n’ibintu muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mutabazi Peterson, avuga ko mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga kubona...