Ibi ni ibitangazwa na Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin yavuze ko amasomo urubyiruko rwigishwa mu itorero agamije kunganira ubumenyi rukura mu mashuri...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), igaragaza ko kuva Itorero Indangamirwa ryatangira mu myaka 15 ishize, rimaze gutororezwamo abasore n’inkumi b’Abanyarwanda 5...
Kuwa 11 Kanama 2025, umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) uhanganye n’Ingabo za Leta ya Sudani wishe abarenga 40, abandi 19 barakomereka...
Ku wa 11 Kanama 2025, Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana , Mbabazi Rosemary abinyujije ku rubuga rwa X yatangaje ko yasinye mu...