Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Rutanga Eric, yateye umugongo Rayon Sports yari abereye Kapiteni asinya imyaka ibiri muri Police FC. Rutanga Eric...
Inzu izwi cyane ku Isi mu gutunganya injyana ya Hip Hop ikundwa na benshi, Def Jam ibinyujije muri Universal Music, yatangaje ko...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumvikana n’umuterankunga wayo, SKOL, ku masezerano mashya nyuma y’ibiganiro byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu...
Assoumani Gashumba [MC Monday] wamamaye mu itangazamakuru no mu muziki mu Rwanda yongeye kugaragara asobanura iby’irengero rye ndetse n’ukuntu yakomanyirijwe mu myidagaduro...