Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu muri uyumwaka 2020 rwahanze udushya dutandukanye harimo isabune yamazi bakaraba,Forumaje,detse Cofee.
Rwiyemezamirimo Sina Gerard ya shyize ahagaragara isabune ya mazi yo gukaraba ijwi kwi Zina rya Kamanzi,forumaje Akamuri, na majyane Yi Kawa (coffee) ajwi kwizina Akagufu akomeze kugeza kubakunzibe bamugana ibintu byiza Kandi bifite ubuziranenge
Sina yagize ati “mbere na mbere nitabira ama “Expo” yaba ay’Akarere, Intara, ku rwego rw’Igihugu no ku rwego mpuzamahanga, mba ngiye kugaragaza ibyo namaze kugeraho, ni ukuvuga nkajya kwereka abo banyarwanda, abo banyamahanga ibyo dufite icyo ni kimwe, ikizakurikiraho ni uko bya bintu nzabiboherereza kandi nibanaza n’ino bakenera no kureba bya bindi cyane cyane iyo ikintu giteguwe neza, cyujuje ubuziranenge nta n’umwe utagikenera cyane ko ibi biribwa n’ibi binyobwa ni ibikenerwa mu buzima bwa buri munsi”.

Bimwe mu byo acuruza byamenyekanye cyane ni nka: Agashya, Akarabo, Akandi, Akabanga, Mayoneze yitwa AKA isabune ya mazi ijwi ku izina Akamanzi, Forumaje Akamuri na Cofee akagufu n’ibindi.
Sina arifuriza Noheli nziza abanyarwanda Bose Umwaka mushya muhire 2021 birinda icyorezo cya Covid-19 bakaraba intoki Bambara ugapfuka munwa umuntu ashyira intera ya metro ebyiri hatiye na mugenzi we
Carine Kayitesi
umwezi.net