Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) bugaragaza ko nubwo u Rwanda rukomeje gutera intambwe ishimishije mu burezi, ubucucike mu mashuri...
Kuri uyu wa 12 Kamena 2026, El-Shaddai School riherereye mu Murenge wa Nyamirambo, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ryakoze igikorwa...
Kuwa Kane, tariki ya 11 Kamena 2026, abanyeshuri n’abarezi bo mu ishuri ribanza rya Shalom Stars Academy riherereye mu Murenge wa Rugarika,...
Kuwa kane, tariki 11 Kamena 2026, abanyeshuri n’abarezi bo mu ishuri ribanza rizwi ku izina rya “Shalom Strars Academy” riherereye mu Murenge...
Mu rwego rwo gukomeza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...
Abaturage ba Niger 49 bapfiriye mu butayu bazize inyota, nyuma y’uko ikamyo yari ibatwaye ipfiriye mu gace k’inkengero z’umupaka uhuza Algérie, Niger...
Hatangijwe Ibizamini ngiro bya Leta 2025/2026, abakandida basaga ibihumbi 74 biteguye kubikora. Ni uri uyu wa 3 Kamena 2026, hatangijwe ku mugaragaro...
Abanyeshuri, abarimu n’abayobozi b’Ishuri ribanza rya “Mai Childhood Academy” riherereye mu Karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali, barimbanije mu myiteguro y’ibizamini...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwagaragaje ko hari bamwe mu bantu basesengura nabi amategeko ahana icyaha cyo gusambanya abana, bakayagoreka bayashyiramo amarangamutima, ibintu...
Abagore bakora muri kampani y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ‘’King Mines Ltd” ikorera mu Murenga wa Jari, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali,...