Akarere ka Gakenke ni kamwe mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru. Aka karere gafite ibigo nderabuzima 23, niko karangaje imbere y’utundi turere...
Umugoroba w’ababyeyi ni igitekerezo cyavutse mu mwaka wa 2010.Watangiye bawita akagoroba k’abagore kagamije kabafashaga kwinegura no kwihwitura. Kubera akamaro kagaragaje hafashwe icyemezo, ako kagoroba...
Indwara ya Diyabete ihangayikshije isi kuko ikomeje kuzamura ubukana, ibyo kandi bikaba bibi kurushaho, kuko abenshi mubarwaye iyo ndwara bativuza kuko batazi...
Ubuyobozi bw’ikigo gikwirakwiza amashanyarazi REG barasaba abaturage kuba maso bamagana abitwa abahigi. Abahigi ni abantu biyitirira gukorera REG bakishora mu bikorwa byo...