Diane Shima Rwigara ushaka kwiyamariza kuyobora u Rwanda, avuga ko ubwo yashakaga abaturage bamusinyira nk’uko bisabwa bamwe mu bamufashaga bahohotewe. Mu kiganiro...
Kuva tariki ya 31 Gicurasi kugeza kuya 2 Kamena 2017, I Rwamagana habereye imurikabikorwa ryateguwe n’Ihuriro ry’Abafanyabikorwa b’Akarere ka Rwamagana (JADF-Rwamagana), mu...
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Gasaka ,mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko hashize imyaka ibiri, bakoze imirimo itandukanye ku nyubako...
Ubwo hatangizwaga Ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge ririmo abahoze mu buyobozi bw’igihugu ubu batakiri mu mirimo, Dr Vincent Biruta, yavuze ko igihugu kifuzwa gusubirana...