Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima(OMS) rivuga ko isi yugarijwe n’ikibazo cy’indwara ya diyabeti ikomeje kwiyongera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ruhango bavuga ko kwegerezwa ibitaro bikuru hafi yabo, byatumye baruhuka ingendo bajyaga bakora bajya kwivuriza...
Akarere ka Huye niko karere kari ku mwanya wa mbere mu Rwanda mu kugira umubare munini w’abarwayi ba Malariya. Gahunda ya Leta...
Tariki ya 11 Gicurasi 2017, Ibitaro bya Rwamagana byashyikirijwe ingombyi z’abarwayi 3 nshyashya zifite agaciro ka miliyoni 165 z’amafaranga y’u Rwanda. Izi...