Mu murenge wa Kimisgara, Agace ka Nyabugogo,Umugabo Munyurangabo Jacob usanzwe ahafite inzu y’ubucuruzi yafungiwe inzu ku karengane. Ibyo byabaya mu gihe igihugu...
Mu Rwanda umuryango wita ku bafite ubumuga bwo kutabona (RUB/ Rwanda Union of the Blind) kuri uyu wa kabiri taliki 28 Gashyantare...
Abaturage bo mu murenge wa Rusenge,Akarere ka Nyaruguru, barishimira inka bahawe na Perezida wa Repubulika kuko zigiye kubafasha kwikura mu bukene. Ibi...
Ibi ni ibivugwa n’umuyango HDI (Health developpement Initiative) hagamijwe gukangurira abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu mirenge igize umujyi wa...