Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Murambi, ntibavuga rumwe n’abayobozi babo ku buryo ubutaka bwabo bwahujwe bagategekwa guhinga ibigori kandi...
Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo, Intara mu y’Iburasirazuba, buravuga ko bwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’abantu bagura imyaka y’abaturage rwihishwa kuko babunamaho bakabahenda...
Agasimba kihariye bita akanyenyeri, gafite urugingo rwagereranywa n’itara. Urwo rugingo rutwikiriwe n’amagaragamba atuma urumuri rwako rwiyongera. “ Itara ry’agasimba bita inyenyeri” Abashakashatsi...
Ikigo cy’ubucuruzi gishinzwe ubwikorezi, RITCO (Rwanda Interlink Company Limited) cyatangiye ku mugaragaro nyuma y’amezi arindwi gikora, kuko cyatangije nyuma y’iseswa rya ONATRACOM....