Mu gusoza umwaka wa 2016, dutangira umwaka mushya wa 2017, Perezida Kagame yasabye abanyarwanda bose gufatanya, batanga inama aho babonye serivisi zitanoze...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiziguro, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bavoma amazi y’ibiziba yo mu migende, abandi bakavoma mu iriba...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...
Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...