Ku wa 29 Nzeri 2024, mu Rwunge rw’Amashuri rwa Camp Kigali (G.S Camp Kigali) habaye umwiherero udasanzwe wahuje intore zihagarariye abandi, ababyeyi,...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yemeje ko u Rwanda rwiteguye bihagije guhangana n’icyorezo cya Marburg, agaragaza ko ingamba zafashwe kuva icyorezo cyagaragara...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) hamwe n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, peteroli na gaz (RMB) batangaje ko muri 2024 hazaba...
Nyuma y’iminsi mike icyorezo cya Marburg kigaragaye mu Rwanda, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko abantu batandatu bamaze guhitanwa n’iyi ndwara, mu gihe...