Amakuru

Croix- Rouge y’u Rwanda yahisemo kwifatanya n’Abanyarwanda basizwe heruheru n’ibiza mu mwanay wo kwizihize ibirori yari yarateguye

Nyuma y’uko ibiza bishegeshe abatuye mu turere tw’Inata y’Uburengerazuba, utw’Amajyepfo n’utw’Amajyaruguru y’u Rwanda ndetse bigahitana ubuzima bw’abaturage bagera mu 130, Croix-Rouge y’u Rwanda yahisemo kwizihiza umunsi wayo yifatanya n’abanyarwanda mu guhangana n’ingaruka z’ibi biza, aho kugira ngo ikore ibirori.

Mu itangazo yageneye Abanyamakuri kuri uyu wa 8 Gicurasi 2023, Croix-Rouge y’u Rwanda yatangaje ko yahisemo kwifatanya n’igihugu cyose mu guhangana n’ibibazo byatejwe n’ibi biza, ngo kuko ntibashobora gukora ibirori mu gihe hari abari mu kaga.

 

Dore itangazo Croix-Rouge y’u Rwanda yageneye abanyamakuru

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM