Nyuma y’uko ibiza bishegeshe abatuye mu turere tw’Inata y’Uburengerazuba, utw’Amajyepfo n’utw’Amajyaruguru y’u Rwanda ndetse bigahitana ubuzima bw’abaturage bagera mu 130, Croix-Rouge y’u Rwanda yahisemo kwizihiza umunsi wayo yifatanya n’abanyarwanda mu guhangana n’ingaruka z’ibi biza, aho kugira ngo ikore ibirori.
Mu itangazo yageneye Abanyamakuri kuri uyu wa 8 Gicurasi 2023, Croix-Rouge y’u Rwanda yatangaje ko yahisemo kwifatanya n’igihugu cyose mu guhangana n’ibibazo byatejwe n’ibi biza, ngo kuko ntibashobora gukora ibirori mu gihe hari abari mu kaga.
Dore itangazo Croix-Rouge y’u Rwanda yageneye abanyamakuru

