Umugabo yagiye ku ga centre asanga babaze ikimasa maze agura amabya kugirango ajye kuyotsa. Ageze mu rugo ayaha umugore ngo amwokereze, umugore amaze gufatisha umuriro yibuka ko isaha yo kujya ku ikanisa igeze niko kubwira abana ati “aya mabya musigare muyotsa neza, muramenye ntashirire ni aya so”! abana ngo bahindure aba araturitse, umukuru muribo yiruka ajya ku ikanisa akihagera arangurura n’ ijwi ahamagara nyina ati “mama tabara ya mabya ya papa araturitse” iteraniro ryose bati “toka Satani mu izina rya Yesu” uwo mudayimoni utangiye kumena amabya y’ abagabo turamukizwa n’ iki?
zinduka useka
Views: 2.6K Posted By
Posted on