Kuri uyu wa gatatu taliki ya 12 Gashyantare 2020 mu kiganiro Minisitiri w’ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc n’Umuyobozi mukuru w’ikigo cya (REMA...
Taliki ya 5 Gashyantare 2020 u bwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo gusoma, ku rwego rw’igihugu, byabereye mu karere ka Burer Ku ishuri...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya mbere Gashyantare 2020 mu gihugu hose ubwo hizihizwaga umunsi w’Intwali ku nshuro ya 26, mu karere...
Ntabajyana Alphonse ukora umwuga wa Akabari, no kotsa inyama z’ihene mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyamirambo, avuga ko iyo ukoze...
Hope School bus ni imwe muri compani itwara abanyeshuri mu mujyi wa Kigali ibakura mu ngo ibageza ku ishuri ikabagarura mu rugo...
Great Lakes Apartment Hotel yiyemeje guhora ku isonga mu gufata neza abayigana bashaka serivisi zitandukanye zirimo amacumbi, ibinyobwa n’ibiribwa bifite umwihariko utasanga...
Ikigo Mpuzamahanga cyita ku Buzima, ABBOTT, cyagiranye ubufatanye na Minisiteri y’Ubuzima biciye mu muryango, Team Type 1 Foundation, bwo gutanga ubufasha bw’ibikoresho...
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Camp Kigali Niyonsenga Jean de Dieu avuga ko bashishikariza abana ba bakobwa kwiga siyansi n’ikoranabuhanga kuko ari amwe...
Nkuko bitangazwa n’umuyobozi wayo Bwana Bayingana Eulade avuga ko imwe mu ntego yabo ari guha agaciro abakiriya babo, aho bita cyane ku...
Minisiteri y’uburezi yatangaje amanota y’abarangije amashuri abanza, icyiciro rusange ndetse n’amashuri y’inderabarezi (TTC), aho mu banyeshuri bakoze ibizamini by’abanza bangana na 286,721,...