buri mwaka ku itaiki ya 29 Nzeri, hizihizwa umunsi mpuzamahanga kubantu barwaye irwara y’umutima, kw’isi (whd) watangijwe kuva 2000 n’urugaga rwa ‘barwayi b’umutima kwisi (whf) kandi wizihizwa mu bihugu byinshi ku isi insanganyamatsiko y’uyu mwaka ni “UKORESHE UMUTIMA WAWE KUGIRA NGO UHUZE” kandi urugaga rwabarwayi b’umutima ku isi
ruraburira hamwe ibihu n’umuryango mpuzamahanga kuzana gahunda z’ubuzima bw’imitima n’imitsi ku bantu Bose ,ababarirwa muri za miriyoni ku isi hose ,mu rwego rwo kugabanya imfu z’abantu ,ababarirwa muri za miriyoni babana n’indwara zifata umutima n’imitsi. bafite amahirwe make yo kugisha inama ku burwayi bwabo
indwara z’umutima zikomeje kuba intandaro y’urupfu, zihitana abantu miliyoni 18 buri mwaka izirenga miliyoni 520 z’abantu babana na CvD Aba Kandi bakozweho ku buryo butagereranywa ni cyorezo cya COVID-19 ku isi hamwe n’ingamba zacyo zo gukumira ikwirakwira ryacyo imiryango yagaragaje uburwayi hamwe n’imyitwarire itandukanye harimo kudakora ku mubiri ,no gufata ibiryo bitameze . Gukorera mu bigo by’imikino yo mu rugo gufunga no kongera ikoreshwa rya tereviziyo hamwe n’itangazamakuru ryaza televiziyo cyane cyane ku bana ndetse n’urubyiruko rwabantu babana na CVD ntabwo bahuye n’ikibazo cyo kutubahiriza gahunda z’ubuzima bwiza no kubona imiti ariko bakanagerwaho n’impanuka nyinshi za COVID-19 n ‘ingorane ziganisha k’urupfu Umunyamuryango wabarwayi b’umutima mu rwanda (RHF) n’ishyirahamwe ku isi ry’ abarwayi b’umutima birasaba ko hakomeza kuboneka uburyo bwo kwisuzumisha hakiri kare no kwita ku bantu babana na CvDs bafite ibyago byinshi byo guhura na COVID-19 ndetse n’urupfu bakabaha umwanya wo gukingirwa COVID-19 ,turasaba kandi uburyo bwiza bwo kwitabwaho no mugukoresha itangazamakuru ryose hamwe na sisitemu ya digitale kugirango dukangurire kandi dushishikarize abaturage nimiryango yita k’ubuzima be’irwara z’umutima kugirango barusheho gusobanukirwa neza no kugenzura ingaruka ziterwa n’uburwayi bw’umutima n’imitsi harimo no kuba bonera indyo yuzuye indyo gubakangurira kureka ikoreshwa ry’itabi Itabi no gukoresha nabi inzoga ,twizera ko ingamba zose zimyitwarire irambye zizashyirwaho zizafasha mu guhindura imibereho yibanze kubagize umuryango wa barwayi b’umutima turasab Kandi kumva neza insanganya matsiko “gukoresha umutima guhuza” muguhuza ikiganiro kurubuga rusange ukoresheje hashtags koresha umutima
Views: 433 Posted By
Posted on
