Mu rwego rwo kwihutisha ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu Rwanda, Leta yashyizeho amahugurwa ajyanye n’ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) agenewe abakozi bose ba...
Abanyamakuru baturutse mu bitangazamakuru bitandukanye bari guhugurwa iminsi itatu yateguwe na Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangiye ku wa Mbere tariki ya...
Abanyeshuri n’ubuyobozi bwa Orion School batangaje ko batangiye neza igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2025-2026, bagaragaza icyizere cyinshi cyo kuzatsinda neza amasomo...
Ibi ni ibitangazwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, avuga ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe...
Ibi ni bimwe mu bitangazwa na Ntihinyurwa Védaste, umuyobozi w’ishuri ribanza “Stella School”, riri mu Karere ka Kamonyi, avuga kuri gahunda yo...
Ikigo cy’ishuri Blue Sky School rivugwa kwesa imihigo mu itangwa ry’ireme ry’uburezi kimwe no gutsindisha abanyeshuri mu buryo bushimishije. Ibi ni mu...
Kuwa 10 Ukwakira 2025 mu nama rusange y’abatunganya ibikomoka ku mpu hizwe uburyo amashyirahamwe abiri yakwishyira hamwe , hakurikijwe amategeko kugirango uyu...
ETS KARINDA ikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri mu Karere ka Kamonyi, ikomeje gukataza mu ikoranabuhanga, kandi habungwabungwa ibidukikije. Umuyobozi Mukuru wa ETS...
Ikigo cy’amashuri cya APADERWA giherereye mu Murenge wa Kimisagara, gikomeje kwesa imihigo mu gutsindisha abanyeshuri ku kigero gishimishije, aho umwaka ushize bari...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), igaragaza ko kuva Itorero Indangamirwa ryatangira mu myaka 15 ishize, rimaze gutororezwamo abasore n’inkumi b’Abanyarwanda 5...