inkuru nshya

Great Hotel Kiyovu ku isonga mu gutanga Serivice Nziza

Great Hotel Kiyovu yiyemeje guhora ku isonga mu gufata neza abayigana bashaka serivisi zitandukanye zirimo amacumbi, ibinyobwa n’ibiribwa bifite umwihariko utasanga ahandi, bikaboneka ku giciro kiza.

Great Hotel Kiyovu ibereye ijisho , ijyanye n’icyerekezo

Iyi Hotel imaze kwigarurira imitima y’abayigana, iherereye Mu Kiyovu/Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ku gicumbi cy’ahantu hatuje Hari amafu Kandi hatekanye.

Ifite umwihariko kuri serivisi zihatangirwa guhera ku bakenera amacumbi meza kuko iherereye , ahantu  hatuje cyane Kandi Hari amafu.

Ni mu Kiyovu ruguru Gato y’,ishuri Ecole Francaise cyangwa Hepfo Gato y’ishuri rya La Gardienne

Iyi Hotel mu gihe gito imaze itangiye imaze kubaka izina mu  isuku no kwakira neza Abakiriya nk’uko bamwe mu bakiriya baganiriye n’ikinyamakuru Umwezi babitangaje.

Iyi ni imwe mu ngingo ubuyobozi bwa Great Hotel Kiyovu bwatekerejeho rugikubita, buteganya ibyumba byiza abantu bashobora kuruhukiramo batuje, bifite intebe, ibitanda, matela, amashuka n’imisego bigezweho kuburyo umuntu bucya afata urugendo nta mavunani afite .

Igitanda cyiza , uryamaho kikakuvura amavunane umubiri wose hehe na rubajyimpande

Muri buri cyumba, usangamo Televiziyo za rutura zibafasha kumenya amakuru agezweho hirya no hino ku Isi.

Kubijyanye n’amafunguro aboneka muri Great Hotel Kiyovu  ,  bategura amafunguro kuburyo ibiribwa n’ibinyobwa bihategurirwa biba biri ku rwego mpuzamahanga .

Iyi Hotel Ifite abahanga mu guteka baba bategura amafunguro bashingiye ku mico yaburi gihugu umukiriya aturukamo. Ibyo bikaba bituma uhasanga amafunguro ya Kinyarwanda n’andi atantukanye yo mu bindi bihugu.

Muri iyi Hotel Kandi habonekamo ibinyobwa bitandukanye kandi byakonjeshejwe n’ibikoresho bigezweho bidahumyanya ikirere, ukaba uhasanga ibinyobwa bidasembuye nk’amazi, fanta, juice ukaba hari n’ibisembuye nka Primus, Mitzing, Amstel, Heineken (Soft Drink) n’inzoga zikomeye mvamahanga ziri kurwego rwo hejuru ( Hard Drink) n’ibindi nku mu mivinyo mu bwoko butandukanye.

Ifite umwihariko wo kugira aho gusiga imodoka Hahagije [Parking] n’abakozi bacunga umutekano kinyamwuga .

Iyo hotel iherereye i Kigali mu Kiyovu / Nyarugenge  ku muhanda KN50 , ushobora gufatayo icumbi, Hari Kandi Bar,&Resto, ahabera inama hanogeye ijisho( Conference Hall), Icyumba cyakira ubukwe ( wedding Hall), Pisine nziza, Sawuna, Masaje n’aho bakorera imyitozo ngororamubiri hajyanye n’igihe .

ushaka gufata icumbi, icyumba cy’inama cyangwa gusaba gutegurirwa amafunguro meza ushobora no guhamagara 0788382272 cyangwa 0791550182, 0791550183 ukakiranwa urugwiro n’abakozi bazwiho kwita ku babagana.

Ushaka gukoresha komande wabandikira kuri Email: info@greathotelkiyovu.rw cyangwa ukabasanga ku rubuga rwabo www.greathotelkiyovu.rw

Kayitesi Carine

umwezi.rw

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM