I shuri ribanza rya Zuba ni shuri ryubatse na letay y’u Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu mashuri ndetse n’ingendo abana bakoraga bajya cyangwa bava ku mashuri
ubwo ikinyamakuru umwezi.rw cyasuraga iri shuri twasanze rikomeye ku ndangagaciro z’umuco nyandarwanda arinako bimakaza Ireme ry’uburezi .

Umuyobozi wagateganyo wa EP Zuba Madamu Ingabire Angelique yakomoje ku gushingwa Kwa EP Zuba ndetse nintumbero bafite yanavuze Kandi kungamba zo kwirinda COVID-19 Nuko bagaburira abana ku i shuri
Yagize ati” Nyuma yubushishozi bwa kozwe ninzego zibifite mu nshingano zigasanga abana bava aho ishuri ryubatse bakora ingendo ndende bajya kwiga kubigo bidukikije bibagoye hanaboneka ubucucike mu mashuri, basanze EP Zuba igomba kubakwa
nyuma yaho ibyumba by’amashuri byuzuriye ,leta yadufashije kubona abarimu ndetse n’ibikorwa by’ibanze nkibitabo,intebe nibindi
kurubu EP Zuba yatangiye gahunda yo kugaburira abana ku I shuri muri gahunda ya leta yiswe (school feeding)
Angelique avuga kuri iriyi gahunda yagize ati Nyuma Yuko leta itwubakiye igikoni ndetse ikaduha muvelo zo gutekamo natwe twishatsemo ubushobozi kubufatanye n’ababyeyi twemeza amafaranga yo kunganira inkunga ya leta itanga ,kurubu abanyeshuri 185 bafata ifunguro ku I shuri.
gusa nki shuri rigitangira hari ibikoresho batarabona nkisomero rihagije ,ndetse ni bikoresho byikorana buhanga
uhagarariye ababyeyi barerera ku EP Zuba Ntabaza Gatera Alistide yagaragaje inyungu n’umusarur bagize kuva irishuri ryatangira
Ati”abana bacu bariga neza ishuri ryarabegereye ubu bakurikirana amasomo neza ikindi iyigahunda Leta yashyizeho yogufatira amafunguro ku ishuri yaradushimishije kuko bifasha abana bacu ugasanga birabafasha gutsinda mu ishuri Kandi bituma abana hagati yabo biyumvanamo,urukundo rwariyongereye kubera ubusabane”.
Akomeza avuga ko iyigahunda itaratangira wasangaga abana namwe bagaruka ku ishuri bayariye bityo kwiga ntibigende neza mu nyifite ye
Ep zuba Ni ishuri riherereye mu Karere ka Kicukiro, u Murenge wa Kigarama mu Kagali ka Nyarurama
umwezi.rw

