Umuyobozi wa Come againe Gasana Alexavuga ko hasanga basangane ubuhanga bwo kwakira abashyitsi neza babagana ibi bikaba byaratumye Leta inagirira ikizere cyo kuzakira abashyitsi
Bamwe n’abamwe bazitabira CHOGM
Gasana yatangarije Ikinyamakuru Umwezi.rw agira Ati”Twishimiye ko natwe nkabarwiyemeza mirimo , psf yaduhisemo mukuzabasha kwakira abashyitsi bazaba bitabiriye inama mpuzamahanga mu minsi irimbere.”

” Aho yongeyeho ko babyishimiye Kandi ko bazarushaho kunoza umurimo wabo kugirango ababagana bazaboherereze abandi ba mucyerarugendo kuko basanzwe baziko bo bafite ubunararibonye mukotsa cyangwa mu gutegura neza akabenzi ndetse n’ifi,na Brochettes z’ihene n’izinka ndetse n’inkoko bimeze neza kandi byose ni kugiciro kiza.
Yakomeje agaragaza aho izindi serivise za come again bar wazisanga,Hari ku marembo yo mugiporoso i Remera na kicucyiro.Kubindi bisobanuro cg ushaka gutanga komande wahamagara,Kuri 0788356323 cg 0788309806.gaherereye ahazwi ku izina ryo mu Gisimenti mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali
MURAKAZA NEZA MURISANGA MURI COME AGAIN BAR






Carine Kayitesi
umwezi.rw


