Amakuru

Great Hotel Kiyovu irifuriza Perezida wa Repubulika Umwaka mushya muhire wa 2025.

Ubuyobozi n’Abakozi ba Great Hotel Kiyovu ikorera mu karere ka Nyarugenge mu Kiyovu bifurije Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, Abayobozi bakuru, Abayobozi b’Amadini, Abikorera ku giti cyabo n’Abanyarwanda bose muri rusange Noheli Nziza n’Umwaka mushya muhire wa 2025.

Great Hotel Kiyovu iramenyesha abanyarwanda bose bayigana muri ibi bihe by’iminsi mikuru ko ibafitiye serivisi nziza zirimo kwakira abashyitsi, ibyo kurya no kunywa, Amacumbi meza ndetse n’aho gukorera ibirori bitandukanye ku biciro bishimishije.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM