Amakuru

Sobanukirwa indwara ya Rubagimpande ni bimenyetso byayo.

RubagimpandeRubagimpande ni indwara  iterwa n’uko abasirikare b’umubiri bahindukana hagati yabo bigatuma ahanini ingingo z’umubiri zangirika, Nkukotubikesha  urubuga rwa Webmd.com, usibye ko atari ibyo gusa, , uruhu, amaso, ibihaha, imiyoboro y’amaraso ndetse n’imyakura bishobora kuhazaharira.

Ubundi rubagimpande yibasira abantu bageze mu za bukuru ni bo bakunze kuyirwara uretse ko n’abakiri bato bashobora kuyirwara usibye ko bidakunze kubaho cyane.

Umuntu urwaye rubagimpande ashobora kugira ibimenyetso bikurikira Ububabare, Guhinda umuriro mwinshi kw’ingingo ni bindi bimenyetso bigaragara ku bice byose by’umubiri kandi bikazira rimwe nko Kubabara inkokora, amavi n’intoki, hakiyongeraho kugagara kw’ijosi cyane mu gitondo cyangwa igihe umuntu amaze umwanya aruhuka.

Ingingo zose z’umubiri zikabyimbira icyarimwe ari na ko zizamo amazi

Kubyimba inkokora, amavi n’ingingo z’intoki

Ese waba uzi ko imiti y’umwimerere yagufasha guhangana n’iyi ndwara?

 

Ku bantu bafite ubu burwayi bwa Rubagimpande, ubu habonetse imiti y’umwimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).

Umwezi.net

Carine Kayitesi

 

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM