Amakuru

Coronavirus ntacyo yahungabanije kubana twari twiteze kwakira uyu mwaka- Niyonsenga Jean De Dieu

Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri cya Camp Kigali avuga ko icyorezo cya coronavirus ntacyo cyahungabanije ku mubare w’abana ikigo cyagomba kwakira muri uyu mwaka.

  Umuyobozi w’ikigo cyamashuri ya camp Kigali

Uyu muyobozi avuga ko ikigo cyari gifite ubushobozi bwo kwakira abanyeshuri 2167 none kugeza ku itariki ya 12/09/2020 imibare igaragaza ko hari abana 2135 ni kuvuga ko ku ijanisha ari 98%.
Muri abo bana batagarutse ku ishuri harimo abo ababyeyi babo bimutse bituma bajyana nabo kuko byari kuzagora ko biga muri Camp Kigali batari kumwe nabo dore ko abana bahiga bataha, iyo ni impamvu abandi bana batabaku kuoburywashi bathuri ni abandi bana batabakuuka kubuwe kugar ni abandi bana batabakuuka kubuwu wasu bathuri ni bana batabaku buka kubuwu wasu bathuwi abandi amategeko abandi babiri batewe inda ubu bakaba bari hafi kubyara

Niyonsenga avuga ko kuri abo batewe inda habayeho ibiganiro byo kubasobanurira ko kuba batwite bitabababuza gukomeza amasomo yabo, ariko abo bana bakomwa mu nkokora n’uko intege zabo zari zimakaze kuba nke zaezomo ko nkokomanya kuba nke zaezomo kubyanya kuba kuba nke zaezomo kubyanya kuba

Kwigana agapfukamunwa, kumva ko hanze hari icyorezo hari byahungabanije imyigire y’abana?

Niyonsenga Jean De Dieu umuyobozi w’ikogo cy’a’mashuri ya Camp Kigali avuga ko izo mpungenge zagaragajwe nabana ubwo batangiraga kuza ku ishuri mu minsi itatu yambere ariko ko nyuma yaho ubuzima nabana ubwo batangiraga kuza ku ishuri mu minsi itatu yambere ariko ko nyuma yaho ubuzima nah ish byisikiburi yaho ubanzweaye

Agira ati ”Mu minsi itatu yambere amashuri atangiye wabonaga abana bafite ubwobo batisanzuye ariko uko iminsi yagendaga ishira niko ubwoba nabwo bwagabanukaga, ubu abana biga neza ubuzima bwasubiye uko mbari buri”.



Ishimwe Benjamais wiga mu mwaka wa gatatu yabwiye itangazamakuru ko kuba yiga yambaye agapfuka mwunwa ntaacyo bimuhungabanyaho kuko n’ubundi ngo akazi ke mu ishuri ni kureba ibyo mwarimu akorava ndetse kureba ibyo mwarimu akorava ndetse no kumyougaza ni gazaongaza ibazaong yuuuua ni gazaongaza mwarimu akorava ndetse no kumyo gazaongaza ntacyo

Agira ati ”Kuba nambaye agapfukamunwa ntacyo bihungabanya ku myigire yanjye ndakurikira nk’ibisanzwe nkereba ibyo mwarimu akora ndetse nkanumva ibyo avuga”

Naho Ishimwe Alexias nawe avuga ko kwigana agapfukamunwa ntacyo bimuhungabanyaho mu myigire ye.


Muziranenge Thierry umwarimu wo muri Camp Kigali wigisha mu mwaka wa gatatu n’uwa kane w’amashuri y’isumbuye avuga ko kwigisha bambaye agapfukamunwa bitoreshye ariko ko ntayandi mahitamo bafite bagomba gutanga banuinda muriinda cyzoiinda cyzoiinda ruziya banuinda muriinda bafite bagomba gutanga banuinda muriinda muriinda bafite bagomba ko ntayandi mahitamo bafite bagomba gutanga banuinda muriinda muriinda muriinda muriinda muriinda bafite bagomba ko ntayandi mahitamo bafite bagomba gutanga banuinda muriinda muriinda muri .
Agira ati ”Kwigisha wambaye agapfukamunwa biragora kuko bisaba ko umuntu akoresha imbaraga nyinshi mu kuvuga kugira ngo ijwi risohoke ribashe kugera kubana ibyo rero biba bigoranye”.
Muziranenge akomeza avuga ko n’ubwo bimeze bityo bitababuza gutanga amasomo nkuko bikwiye kandi bakaba bizeyeko umunsi urukingo rwabonetse ubuzima buzongera bukajya mu buryo

Carine Kayitesi

umwezi.rw

 

 

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM