Diyabete ni indwara iterwa n’ubwiyongere bukabije bw’isukari nyinshi ndetse hakaba n’iterwa n’isukari nkeya mu mubiri, ariko kandi ikaba ivurwa igakira iyo igaragaye hakiri kare. Nkuko tubikesha ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti (ARD)
Diagnos ni imwe mu bwoko bwa diyabete ikaba ikunze kwibasira abantu bose barengeje imyaka 20. Ariko muri iki kigero umubiri ugaragaza ibimenyetso gake cyangwa se ntubigaragaze cyane ko aba ari mu gihe cy’ubusore.
Mubi sanzwe kwitera insuline , ngo ni uburyo bukoreshwa ku murwayi wa diabete kugira ngo yunganire impyiko mu kuyungurura inkari).
Impuguke zivuga ko kugeza ubu igitera diyabate nyacyo kitqazwi , kuko ntawavuga niba ari indwara ifata urwungano rw’inkari, niba iterwa na virusi cyangwa se niba ari indi mpamvu, uretseko na byo bishobora kuba byagira uruhare mu gufatwa na yo.
Ubu bwoko na bwo ntibutandukanye cyane n’ubwa mbere uretse ko bufite umwihariko wabwo kuko aha ngo yibasira abageze mu zabukuru. Ni ukuvuga abatakiri mu kigero cy’urubyiruko kuko twabonye ko urubyiruko rwo rwibasirwa ahanini na diagnos.
Aha ngo nkuko (pancrea) urwagashya ngo ruba rutagishoboye gutanga amatembabuzi ahagije ku rugero rusanzwe ni ukuvuga kuyungurura amaraso itanga ibyo umubiri ukeneye bityo umubiri ntubashe kugira ubwirinzi kuko uba watakaje abasirikare.
Abantu benshi babana n’ubu bwoko bwa diyabete bwavuzwe haruguru ariko batabizi nubwo ngo bitoroshye kuyibana. Ubu bwoko bwa diyabete ntibutandukanye cyane kuko ngo kuba abantu batamenya hakiri kare ko bayirwaye bituma igenda ifata umubare munini ni ukuvuga ko abayirwara barushaho kwiyongera.
*Gestational diabetes: Ni ubwoko bwa 3 bwa diyabete akaba ari na bwo bufite ubukana kurusha ubwavuzwe haruguru kuko bwibasira cyane abagore mu gihe cya pregnancy (Atwite)umugore aba afite amahirwe menshi yo gufatwa n’imwe muri ziriya diyabete zavuzwe haruguru.
Bimwe mu bishobora gutera diabete z’ ubwoko 2 bwa mbere:
Kuba urengeje imyaka 45 ishobora kugufata byoroheje kuko umubiri uba ufite intege nkeya, kugira umubyibuho ukabije, kudakora imyitozo ngorora mubiri ihagije, kuba ari indwara ikomoka mu muryango w’ iwanyu by’umwihariko bikaba bikunze kugaragara ku baturage bakomoka ku babyeyi bo bihugu bimwe na bimwebimenyetso bigaranga umurwayi wa diyabete 2 za mbere:
Umunaniro, kubabara impyiko, umubyibuho ukabije, gukenera kunywa amazi cyane… kimwe no ku bwoko bwa kabiri bwa diyabete ariko ho hiyongeraho kurya cyane bidasanzwe. Mu gihe ubonye ufite ibi bimenyetso ushobora kwihutira kugera kwa muganga ngo abaganga bagukurikirane hakiri kare.
Inama:
Niba urwaye diabete usabwe gufata imiti neza no gukurikiza inama wahawe na muganga. Nkuko tubikesha urubuga rwa internet Nytimes.com inzobere mu kuvura indwara ya diyabete zibona ko ibyiza ari ugufata miligarama ziri hagati ya 80-120 kuri dekalitilo imwe (80-120mg/dL) mbere yo gufata ifunguro rya ku manywa ndetse na miligarama ziri hagati y’ 100-140 kuri dekalitilo imwe(100-140mg/dL) nijoro ugiye kuryama. Umurwayi wa diabete kandi agomba kurya ibyo kurya yihitiyemo byiganjemo intungamubiri kugira ngo bimufashe kugira isukari igereranije mu mubiri, ni ukuvuga ntibe nke cyane kandi ntirenze n’urugero.
Kagaba Emmanuel, umwezi.net

