Amakuru

Diane shima Rwigara yatanze ibyangombwa bikenewe muri Komisiyo y’igihugu y’amatora

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Gcurasi2017  nibwo  Diane Rwigara shima  uherutse gutangaza ko aziyamariza  kuba umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubiubulika y’u Rwanda yatanze ibyangombwa bisabwa.

Shima Diane Rwigara avuga ko  ibisabwa   yabishyikirije Komisiyo y’Igihugu y’amatora kandi bikaba  byagenze neza nta kibazo.

Shima Diane amaze gutanga ibyangombwa

Agira ati, nta kibazo nagize banyakiriye neza  nari naje gusaba impapuro zizamfasha kujya gusinyisha hirya na hino mu gihugu  nari nazanye n’urutonde rw’abazabimfashamo, nta kibazo cyabayeho babimpaye  banyakiriye neza bampa ibyo nabasabye banansobanurira gahunda zose”.

Akomeza avuga ko yizeye ko nta kibazo abazamusinyira azababona kuko yizeye ko abaturage e bakeneye umunutu nkawe  ufite migabo n’imigambi izabafasha.

Kagaba Emmanuel, umwezi.net

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM