Uncategorized

TANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU

Tariki ya 8 Gicurasi buri mwaka ku isi yose hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wa Croix Rouqe

na Croissant Rouge, Tariki ya 8/511828 nibwo Umusuwisi Henry Dunant wazanye

igitekerezo cyo gushinga Umuryango wa Croix-Rouge/Croissant Rouge yavutse. CroixRougelCroissant Rouge yizihiza uvu munsi mu rwego rwo guha iryubahiro uwawushinze,

Henry Dunant wari Umucuruzi yatangije Umuryango utabara imbabare mu w’1859 (

hashize imyaka 167) ubwo yageraga mu Butaiiyani ( Soiierino i yasanze Ingabo

z’Ubufaransa zirwana niz’igihugu rya Autriche,

Kubera intambara Henry Dunant yabonye hari abantu bari mu kaga ( inkomere z’intambara ,

abashonji , abanyagirwa …) aho niho havuye igitekerezo cyo gushinga Umuryango utabara

imbalrare hagamijwe kugira ngo -abantu l-rarangwa n’ubugwaneza n’ubumuntu bazajye batahara

abantu bari mu kaga , ibyo bigakorwa bahereye ku bababaye kurusha abandi,

Mu Rwanda, Umuryango utabara imbabare, uzwi nka Croix Rouge y’u Rwanda

watangaje ishingwa ryawotariki ya1.l7lL962. Uyu muryangowaje kwemetwa

imbere y’amategeko tariki ya 29 | L211964 ubwo Perezida wa Repubulika yasinyaga iteka

riwemeza.

Muri uyu mwaka wa 2025-2A26, Croix Rouge y’u Rwanda binyuze mu mbaraga

z’abakorerabushake , Komite zatowe mu nzego zose , abakozi , n’abafatanyabikorwa bayo

yakoze ibikorwa byinshi mu n^/ego rwo kugoboka abaturage bababaye cyane kurusha abandi ,

bari mu kaga.

Bimwe mu bikorwa byaranze uyu mwaka:

– Gufasha abaturage kugira imibereho myiza binyuze mu dusozi ndatwa ( Kwizigama ,

kugira uturlma tw’igikoni mu rwego rwo kurwanya imirire mibi , kugira amacumbi ,

ubw!herero …)

– Gukoresha imbangukiragutabara abarwayi bakagezwa ku bitaro

– Guhugura iby’iciro bitandukanye by’abantu ku giti ryabo, inganda, ibigo …mu butabazi

bw’ibanze

– Gufasha impunzi mu nkambi zitandukanye zihabwa ibikoresho by’ibanze byo mu ngo

– Guhuriza hamwe impunzi n?baturage batuye hafi y’inkambi

, kubatera inkunga ba

kibumbira mu rnakoperative y’ubuhinzi

, ubworozi n’indi myuga iciriritse

,

– Guhuza ababuranye n’ababo

– Gufasha abatishoboye bagahabwa amafaranga yo gukora imishinga iciriritse bigatuma

bivana mu bukene

– Hirya no hino mu gihugu hagiye hakorwa ibikorwa bitandukanye hagamijwe gufasha

abababaye kurusha abandi. Muri ibyo tw

ivlu Turere twa Kamonyi
, Gieumbi na Rulindo hatanzwe arnatungo magufi ku miryango
300
Mu karere ka Nyamasheke na Rusizi hatewe ibiti 101,000
Kuwa 0610412A26 mu karere ka Rwamagana ku miryango 100 hatanzwe amabati
n’ibikoresho byo mu rugo.
Mu Karere ka Kayonza imiryango 150 yahawe ibikoresho bv,ibanze bvo mu ruqo ,
amabati 500 …
Mu Karere ka Gisagara n’aka Nyaruguru hatanzwe amabati n’ibikoresho by’ibanze byo
mu rugo ku miryango 119. Hanatanzwe kandi amabati 550 ku rniryango yahuye n’ibiza
yari iyakeneye.
Mu Turere twa Ngororero na Nyabihu hatanzwe ibikoresho by’ibanze byo mu ngo ku ngo
200
Muri rusange amabati yose yatanzwe muri uyu mwaka ni 2250 akaba afite agaeiro ka
31.500.000Frw
Mu rwego rwo gufasha abagwiririwe n’ibiza hatanzwe Frw 40.000.000 mu buryo bwa
Cash muri:
Rwamagana, Gisagara, Nyabihu, irigororero, Nyaruguru f Rusizi.
Mu rwego rwo gutabara kandi, imiryango 24g mu Karere ka Karongiyafashijwe
gusaninrua amazu bitwara miliyoni 50 .
Mu rwego rw’,umushinga, umusaruro mwiza (Kungahara) hatanzwe Frw 50,000.000 kuri
koperative 5 zo muri iviuhanqa. Fnnr 56.300,000 kuri koperative 5 mu karere ka
Ngororero, n’Frw 54.770.000 kuri koperative 5 zo mu karere ka NyaEatare. yose
irarriwe akaba Frw i6i.070.00il.
Mu rwego lwo gukomea laadzihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Croix Rouge na
ercissant Rouge;
croix Rouge y’u Rwanda yiyemeie ko muri uku ltwezi kura 5 :
– Hazakonrua ibikorwa byinshi cyane byo guteza imbere udusozi ndatwa
– Gukora ibikonva byfubutabazi bizakoniva n’abakorerabushake, abakozi n,abandi
bafatanyabikorwa bayo.
Ingero I
Gukora imiganda yo kubaka amacumbi
, ubwiherero ku batishoboye
,
Gukora ubukangurambaga mu kwirinda indwara zthyorezo , kurwanya imirire mibi , kunuanya

 

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZASOMWE CYANE

To Top
play button
Umwezi Radio 95.3 FM