Akarere ka Nyagatare kagaragara muri raporo y’ibikorwa ya Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015 – 2016, mu nzego za Leta...
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda), Ingabire Marie Immaculeé , avuga ko abantu badakwiye kujya bashyira...
Abaganga ba Leta muri Kenya bari mu myigaragambyo, basaba ko Leta yubahiriza amasezeranmo basinyanye mu mwaka wa 2013, yabemereraga kuzamurirwa imishahara. Abavuzi...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwakanguriye abaturage kubuza amahwemo inshoreke zisenyera bagenzi babo Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buvuga ko butewe impungenge n’ikibazo...
Ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bawo, Umuryango w’urubyiruko uharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere AJPRODHO-JIJUKIRWA, wasoje gahunda y’iminsi 16 y’ubukangarambaga mu kurwanya ihohoterwsa rishingiye ku...