Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Nyakanga 2019, mu karere ka Rwamagana herekanywe umuyoboro mushya w’amazi wuzuye uzakwirakwiza amazi meza m’umurenge...
SHE (Sustainable Health Enterprises) ikigo gikorana n’amakoperative abarirwa mu bice by’icyaro m’ugukura ubudodo mu nsina bugatunganywa bukavamo udukoresho tw’isuku twitwa “go!” twifashishwa...
Abayobozi b’amwe mu makoperative mu Rwanda barishimira intambwe bagezeho ndetse n’inyungu bakuye muri Business bakora, barashimira imiyoborere myiza yashyizweho na Leta ibinyujije...
Bamwe mu bakozi ba Kigali Serena Hotel n’abari abakozi bayo bayishinja kubahemukira ikabima amasezerano nyuma yo kuyikorera igihe kirekire ikabirukana ikoresheje amayeri...
Kuri uyu wa kane tariki ya 4 nyakanga, 2019, ni umunsi w’isabukuru y’imyaka 25 U Rwanda rumaze rwibohoye, ibirori mu rwego rw’Akarere...
Umushoramari w’umunyarwanda umenyerewe mu Rwanda mu kubyaza ibihingwa umusaruro no guhanga udushya Sina Gerard benshi bazi nka Nyirangarama yatangije uburyo bushya bwo...
Umugororwa Hitimana Potien wari ufungiye ibyaha bya Jenoside muri Gereza ya Butare, yishe mugenzi we baregwa ibyaha bimwe amuteye umusumari mu mutwe....
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Kamena hasojwe icyumweru cy’uburezi gatorika muri Arikidiyoseze ya Kigali muru Santarale ya Rubona muri Paruwasi...
Abaturage bo mu Murenge wa Ngarama wo mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, bamaze kwiyuzuriza inzu ifite agaciro ka miliyoni 18...
Bimenyimana Jeremie Mu myaka itari myinshi ishize, akarere ka Nyamagabe kabarirwaga mu turangaje utundi imbere ku rwego rw’igihuhu, mu birebana n’igwingira ry’abana....