Ubusanzwe abaturage baturiye umupaka wa Gatuna, usanga akenshi bakunze kwibanda ku gukoresha ururimi rw’igikiga ndetse n’abana babo babyiruka bavuga ururimi rw’igikiga ari...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) ,...
Minisiteri y’ibikorwa remezo(MININFRA) igaragaza ko 83% by’abaturage mu Rwanda bifashisha ingufu zikomoka ku bimera m’uguteka, izo ngufu zikomoka ku bimera birimo ibiti...
Kuri uyu wagatatu taliki ya 13 nzeri 2018 RWAMREC (Rwanda Men’s Resource Center) yafunguye ku mugaragaro Inama ya yihuje n’abafatanya bikorwa batandukanye...
Kuri uyu wa gatanu no kuwa gatandatu tariki 24 na 25 Kanama2018, Abanyarwanda muri rusange n’abakunzi b’uruvange rw’ingumi n’imigeri bahishiwe umukino uryoheye...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Nyakanga, 2018 umuryango Never Again Rwanda washyize ahagaragara ubushakashatsi bwakozwe ku bufatanye n’umuryango wa AJIPRODHO-...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO), isanga amafaranga agenerwa abana ashyirwa mu ngengo y’imari ya Leta akiri make cyane, ibyo bigatuma batitabwaho...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Ibi byabitangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri igamije gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kwirinda...
Umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntun’iterambere (Association de la Jeunesse pour la Promotion des Droits de l’Homme et développement (AJPRODHO–JIJUKIRWA) washyikirije ibikoresho bitandukanye...