Bimenyimana Jeremie Mu myaka itari myinshi ishize, akarere ka Nyamagabe kabarirwaga mu turangaje utundi imbere ku rwego rw’igihuhu, mu birebana n’igwingira ry’abana....
Mu karere ka Rubavu habarizwa abana batari bake bagaragaza ibibazo by’igwingira n’imirire mibi, kuko 46.3% bagaragaza icyo kibazo. Mu guhangana n’icyo kibazo,...
Ibi ni ibitangazwa na Kalisa Jeans Souveur, Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w’Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, mu kiganiro...
@Kayitesi Carine Abanyamakuru bagaragarijwe ibibazo by’umwihariko abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma bahura na byo, basabwa kubakorera ubuvugizi kugira ngo imibereho yabo...
@Carine Umwezi Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC), iri guhugura abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, amahugurwa ari kubera mu Karere ka Bugesera, aho...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, abagize urugaga rw’abahanga mu by’imiti bakora muri farumasi zicuruza imiti mu Rwanda, Rwanda...
Kuwa 31 Gicurasi, 2019 nibwo hateganyijwe igitaramo kimaze kumenyerwa na benshi kizwi nka Kigali Jazz Junction,ni igitaramo kiba ku mpera ya buri...
SEVOTA ni umuryango ufasha abagore n’abana bahuye n’ibibazo bitandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri ubu ukaba...
Robot yitwa Sophia niyo ya mbere yahawe ubwenegihugu mu mateka, ikaba yarakozwe n’uruganda rusanzwe rukora robots rwitwa Hanson Robotics. Abategura inama ya...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994, kuwa kane Tariki 11 Mata,...