Ikigo cy’urubyiruko cy’akarere ka Huye gifasha urubyiruko ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, kiravuga ko benshi mu bakigana biganjemo abanyeshuri biga kaminuza bajya kuhashaka...
Dr Daniel Ngamije wasimbujwe ku mwanya wa Minisitiri w’Ubuzima yashimiye ye Perezida Paul Kagame ku mahirwe akomeye yari yamuhaye yo kuyobora Minisiteri...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) hamwe n’umuryango nyarwanda urwanya Malaria (ASOFERWA), bwerekana ko Malaria ikomeje kwibasira abantu bari mu byiciro...
Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Dr Sabin Nsanzimana wigeze kuyobora ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yagizwe Minisitiri w’Ubuzima,...
Ishyirahamwe ry’Imiryango irwanya Indwara Zitandura iratangaza ko muri Africa y’Uburasirazuba tuvuga ko muri buri gihugu byibura 40% by’abantu batuye muri aka karere...
Mu gihe indwara zitandura zikomeje kwiyongera kandi ari nako zihitana benshi ku Isi, biterwa n’imibereho igezweho, ituma abantu bakora siporo gacye kandi...
Ikigo cy’ubushakashatsi cya Access To Medicine gisanga Kuva icyorezo cya COVID 19 cyatangira ibigo byinshi bikora imiti byaratangiye gukora ibicuruzwa byabo mu...
Abaturage bo mu Murenge wa Mugina bakomeje gushyiraho no gukurikiza ingamba zo guhangana n’ingaruka z’ikiza cy’izuba ryacanye cyane rigatuma imyaka bamwe bahinze...
The women of Matyazo sector in Ngororero district say that they are worried about women and young girls who seduce their husbands...
Ababyeyi barasaba urubyiruko kwirinda ibisindisha cyane cyane inzoga kuko ari kimwe mu bishobora gukoma mu nkokora iterambere ry’igihugu ndetse n’ejo hazaza habo....