Kuwa 15 Ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe gukaraba intoki. N’ubwo abantu benshi bemeza ko icyo gikorwa bakizi kandi bagikora, kiracyabereye...
Bimenyimana J. Umusizi w’umunyarwanda Nyakayonga mwene Musare yahimbye igisigo acyita Ukwibyara, maze agiterura agira ati “ukwibyara gutera umubyeyi ineza”. Bibabaza umubyeyi kubyara...
Hashize igihe kitari gito umubare w’ababana na virusi itera SIDA mu Rwanda ari 3% kandi udahinduka. Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo batangije ubushakashatsi...
Nyuma y’imyaka isaga 10 gahunda zo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera Sida isakajwe mu gihugu, iki nigihe cyo kureba ukuntu...
Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu....
Minisiteri y’Ubuzima n’abafatanyabikorwa bayo, bifatanyije n’abaturage b’akarere ka Burera mu gikorwa cy’umuganda kuwa 30 Kamena 2018. Uwo muganda wibanze ku kubaka Poste...
Indwara ya Malariya ihangayikishishije u Rwanda ari yo mpamvu hagiye hashyirwa ho ingamba zitanadukanye zo kuyirwanya. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima...
Kubaka igihugu kitarangwa mo ibiyobyabwenge byashoboka. Icyo bisaba ni uko abantu bo mu nzsgo zitandukanye zakorera hamwe, hagamijwe kwigisha ababicuruza ngo babicike...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Icyorezo cya SIDA kiracyaza mu ndwara zitwara ubuzima bw’abantu batari bake, kuko kitabonerwa umuti cyangwa urukingo. U Rwanda rurakira inama INTEREST 2018...