Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018, Minisisitiri w’uburezi w’u Rwanda yatangije amarushanwa mpuzamahanga yiswe ’Africa Skills Competition 2018″ ahanganiyemo abanyeshuri bava mu...
Abana batandatu bafungiye muri Gereza y’abana ya Nyagatare, bari mu banyeshuri basaga ibihumbi 160 kuri uyu wa Kabiri batangiye gukora ibizamini bya...
Yego Innovision Ltd Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu gutwara abagenzi cyongeye kwegukana ikindi gihembo cyo kuba cyarahanze udushya dutuma ubwikorezi muri Afurika...
Ubusanzwe abaturage baturiye umupaka wa Gatuna, usanga akenshi bakunze kwibanda ku gukoresha ururimi rw’igikiga ndetse n’abana babo babyiruka bavuga ururimi rw’igikiga ari...
Ubusanzwe nk’uko byari bizwi mu muco wakunze kuranga abanyagicumbi harimo kwenga ikigage kizwi ku izina ry “ Ikigage k’i Byumba’’ cyabaga ari...
Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda igaragaza ko abamaze kugwa mu mpanuka zo mu muhanda muri uyu mwaka bikubye inshuro zirenga ebyiri...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) ,...
Minisiteri y’ibikorwa remezo(MININFRA) igaragaza ko 83% by’abaturage mu Rwanda bifashisha ingufu zikomoka ku bimera m’uguteka, izo ngufu zikomoka ku bimera birimo ibiti...
Ishami ry’umuryango w’abibubye wita kuburezi n’umuco UNESCO ifatanyije na Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) , kuruyu wa kane tariki 8 Ugushyingo 2018 bahuye n’abanyamadini...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...