Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Kamena 2020, habonetse abarwayi bashya 20 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu...
Rwanda:Abarwayibashya 8 hakize 13 COVIDE-19 Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Kamena 2020, habonetse abarwayi bashya 8...
Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda yatangije gahunda yo guha abamotari ubushobozi bwo gucuruza amafaranga ya Airtel Money n’ayo guhamagaza bagakora nk’aba Agent...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Rutanga Eric, yateye umugongo Rayon Sports yari abereye Kapiteni asinya imyaka ibiri muri Police FC. Rutanga Eric...
Inzu izwi cyane ku Isi mu gutunganya injyana ya Hip Hop ikundwa na benshi, Def Jam ibinyujije muri Universal Music, yatangaje ko...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumvikana n’umuterankunga wayo, SKOL, ku masezerano mashya nyuma y’ibiganiro byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu...
Assoumani Gashumba [MC Monday] wamamaye mu itangazamakuru no mu muziki mu Rwanda yongeye kugaragara asobanura iby’irengero rye ndetse n’ukuntu yakomanyirijwe mu myidagaduro...
Myugariro ukina ku ruhande rw’ibumoso Irambona Gisa Eric wari umaze imyaka umunani akinira Rayon Sports yayisohotsemo ahita yerekeza muri mukeba, Kiyovu Sports...
Sibomana Jean Bosco uzwi nka Dr Scientific usanzwe ari umuvuzi gakondo, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Karibu kwa Yesu’ ikubiyemo ubutumwa buhamagarira...
Abakunzi b’injyana ya Hip Hop Nyarwanda bagiye kongera kubona abaraperi bakunzwe cyane, Tuff Gang mu gitaramo kizabera kuri Youtube ku wa Gatandatu...