Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’indashyikirwa mu karere mu buhanga bw’ibinyabuzima na eUbuzima (CEBE) cya Kaminuza y’u Rwanda, bugaragaza ko 25% by’abafite ubumuga mu Rwanda...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda ndetse no mu karere ka Africa y’Uburasirazuba usanga bikunda kugora abafite butandukanye kubona...
Ubwo kuri uyu wa 28 Mata 2023, mu Karere ka Rwamagana hakomerezaga ubukangurambaga bwo kurwanya icyorezo cya SIDA bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo ku bufatanye n’abafatanyabikorwa b’aka karere batangije gahunda yiswe SMILE igamiuje kunganira gahunda Leta yashyizeho yo guha abana ifunguro...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) n’Umuryango Imbuto Foundation basinyanye amasezerano y’ubufantanye n’ Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga cyitwa Liquid Intelligent Technologies, ubu...
Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania, yashimiye Perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan, uruhare akomeje kugira mu gushakira amahoro...
Hirya no hino mu Rwanda inzego z’ubuzima n’izibanze bakomeje gushyira imbaraga mu guhangana n’ikibazo cy’inda ziterwa abangavu ndetse no gukumira ubwandu bushya...
Perezida Kagame yageze muri Zimbabwe aho yifatanyije n’abandi bayobozi mu nama ya gatandatu ya Transform Africa, (TAS2023). Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, byatangaje ko...
Rwanda celebrates World Malaria Day with the theme “Zero Malaria Starts with Me, Time to innovate, focus and implement” to unite efforts...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Village Urugwiro, Umuhungu wa Perezida wa Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, bagirana ibiganiro byibanze...