Kuri uyu wa gatanu no kuwa gatandatu tariki 24 na 25 Kanama2018, Abanyarwanda muri rusange n’abakunzi b’uruvange rw’ingumi n’imigeri bahishiwe umukino uryoheye...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16/8/2018 AJPRODHO-JIJUKIRWA yizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko bakaba bishimira aho uyu muryango wa vuye náho ugeze...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Nyakanga, 2018 umuryango Never Again Rwanda washyize ahagaragara ubushakashatsi bwakozwe ku bufatanye n’umuryango wa AJIPRODHO-...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO), isanga amafaranga agenerwa abana ashyirwa mu ngengo y’imari ya Leta akiri make cyane, ibyo bigatuma batitabwaho...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Ibi byabitangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ubwo yafunguraga ku mugaragaro Inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri igamije gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kwirinda...
Umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntun’iterambere (Association de la Jeunesse pour la Promotion des Droits de l’Homme et développement (AJPRODHO–JIJUKIRWA) washyikirije ibikoresho bitandukanye...
Kuri uyu wambere taliki ya 21/5/2018 ikigali hateraniye inama mpuzamahanga ku gukusanya no kugenzura amakuru ku bijyanye n’amazi n’isukura ku bihugu bitandukanye...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye baratangaza ko bishimira gahunda yo guhinga imirima y’imboga zo mu gikoni, kuko byabaviriyemo gusezerera...
Igikorwa cyo guhuza imihigo y’Akarere cya buri kwezi kimaze gutanga umusaruro wo kwihutisha imihigo y’Akarere kugirango yeswe neza kandi ku gihe. Uko...