Mu karere ka Rubavu habarizwa abana batari bake bagaragaza ibibazo by’igwingira n’imirire mibi, kuko 46.3% bagaragaza icyo kibazo. Mu guhangana n’icyo kibazo,...
@Kayitesi Carine Abanyamakuru bagaragarijwe ibibazo by’umwihariko abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma bahura na byo, basabwa kubakorera ubuvugizi kugira ngo imibereho yabo...
Bimenyimana Jérémie Mu bihe bitambutse, umuntu utagira icyo akora kizwi, mu Rwanda yitwaga umuhinzi-mworozi, ari byo byatumaga ubuhinzi bumera nk’ubudahawe agaciro bukwiye...
Bimenyimana Jérémie Abasore n’inkumi barangije Kaminuza binubira kubura akazi, kandi hari amahirwe menshi, ariko ntibayiteho. Ubuhinzi bukozwe gihanga ni amwe muri ayo...
Bimenyimana J. Ubuhinzi bukomeje kuba inkingi ya mwamba y’ubukungu bw’ibihugu byinshi muri Afurika. Mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, abagore bakora imirimo y’ubuhinzi...
Kuri uyu wa kane tariki 28 Werurwe 2019, nibwo mfashamyumvire yiswe ’PSTA4-Kinyarwanda Version’ yashyizwe ahagaragara. Ni imfashamyumvire ikubiye mu gatabo gato gasobanura...
Ibi ni byatangajwe kuri uyu kuri uyu wa kabiri tariki 12 Werurwe 2019 n’Ikigo cy’ubushakashatsi mu iterambere ry’ubukungu (EPRN), mu nama yayo...
Abahinzi hamwe n’abafite inganda zitunganya umuceri mu Rwanda, bagaragarije Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ibibazo by’ingutu bibugarije birimo icy’umuceri wa kigori wabaye mwinshi mu...
Mu rwego rwo guteza imbere ubukungu burambye bushingiye k’ubuhinzi ,Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo bagiranye ikiganiro n’urubyiruko rwibumbiye mu ihuriro ”RYAF”rigamije guteza...
Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...