Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko ku nshuro ya mbere muri Afurika y’Iburengerazuba muri Guinée, habonetse virus ya ‘Marburg’...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko hari ibimenyetso bifatika by’uko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Delta bwageze mu Rwanda, bikaba...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere. Polisi mu gace ka...
U Rwanda rwashyikirijwe imbwa eshanu zifite ubushobozi bwo gutahura umuntu wanduye Covid-19, zizajya zifashishwa mu gupima iki cyorezo bigafasha mu kugabanya amasaha...
Imvugo igira iti “Ntawutanga icyo adafite” ikoreshwa n’ushaka kugaragaza uburyo iby’umuntu ashoboye ari byo aha abandi, ni na yo ushobora kwifashisha mu...
Umugore w’imyaka 24 ukomoka mu karere ka Nyamagabe yabaye uwa 308 umaze guhitanwa na Covid-19 kuva yagera mu Rwanda muri Werurwe taliki...
Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buhangayikishijwe n’ikibazo cy’abasambanya abangavu bagakingirwa ikibaba nabo bakobwa nyuma yo kubashukisha amafranga make no kubizeza ko bazabafasha ....
Abaturarwanda bibukijwe ko Guma Mu Rugo ikomeje kuvugwa ahandi na bo bashobora kuyisangamo mu gihe hatabayeho kwitwararika Guverinoma y’u Rwanda itewe inkeke...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’abagabo babiri barimo uw’imyaka 45 n’uw’imyaka 50 y’amavuko bishwe...