Afrika y’Epfo yatangiye gukingira abana icyorezo cya Covid-19. Biri mu mugambi w’okugerageza inkingo z’igihugu cy’Ubushinwa. Urwo rukingo rw’Abashinwa Sinovac Biotech rugeragezwa ku...
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangije ibikorwa byo kuvurira kanseri y’inkondo y’umura mu bigo nderabuzima bigize akarere ka Bugesera. Abagore bari hagati y’imyaka...
Imibare mishya itangwa na Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko imibare y’abandura ndetse n’abarwara icyorezo cya COVD-19 bakaremba bakomeje kugabanyuka hashingiwe ku mibare y’ubushakashatsi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, ryatangaje ko ku nshuro ya mbere muri Afurika y’Iburengerazuba muri Guinée, habonetse virus ya ‘Marburg’...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko hari ibimenyetso bifatika by’uko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Delta bwageze mu Rwanda, bikaba...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere. Polisi mu gace ka...
U Rwanda rwashyikirijwe imbwa eshanu zifite ubushobozi bwo gutahura umuntu wanduye Covid-19, zizajya zifashishwa mu gupima iki cyorezo bigafasha mu kugabanya amasaha...
Imvugo igira iti “Ntawutanga icyo adafite” ikoreshwa n’ushaka kugaragaza uburyo iby’umuntu ashoboye ari byo aha abandi, ni na yo ushobora kwifashisha mu...
Umugore w’imyaka 24 ukomoka mu karere ka Nyamagabe yabaye uwa 308 umaze guhitanwa na Covid-19 kuva yagera mu Rwanda muri Werurwe taliki...
Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...