Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika. Autisme ni uruhurirane...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...
VIH ni agakoko gatera Sida, ku kandura ntibisobanura ko umuntu arwaye Sida. Urwaye ni wa wundi umubiri we uba utagifite ubudahangarwa, indwara z’ibyuririzi ...
Kuwa 24 Werurwe ni umunsi wahariwe kurwanya indwara y’igituntu ku isi. Mu mwaka wa 2017, iyo ndwara yahitantanye abantu barenga miliyoni n’igice....
Bimenyimana Jérémie Intara y’amajyaruguru ifite umubare munini w’abangavu baterwa inda. Juba ababyeyi batakita ku nshingano zabo, ni imwe mu mpamvu ikurura inda...
Umugabo witwa Sibongaye wo mu Murenge wa Kavumu mu Karere ka Ngororero yagiye mu musarani gukuramo telefoni n’amafaranga yari yatakayemo, agwamo ahita...
Umuryango uhuza ibikorwa by’amavuriro ya Kiliziya Gatolika n’amatorero yemewe na Leta mu Rwanda BUFMAR (Bureau des Formation Medicale Agree du Rwanda),uratangaza ko...
Taliki ya 18 Mutarama 2019, Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima, Rwanda Biomedical Center (RBC) cyazindukiye mu gikorwa cyo gufata amaraso ku bant babishaka,abanyeshuri...
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mutarama 2019, mu nama yahuje abayobozi ba RWAMREC (Rwanda Men’s Resource Center), hamwe...
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Kivumu, bageze mu za bukuru barashimira ubuyobozi ku nkunga y’ingoboka igera ku mafaranga...