Nibura abantu 261 bapfiriye mu mpanuka ya gari ya moshi abandi 650 barakomereka, gari ya moshi eshatu zagonganye muri Leta ya Odisha...
Abakora umurimo wo gucukura amabuye y’agaciro mu Murenge wa Rwinkwavu ho mu Karere ka Kayonza, baravuga ko ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya...
Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi yatangije ku mugaragaro umushinga ugamije konerera imbaraga Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’ibiribwa n’imiti...
Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, yagaragaje uruhare rw’abaganga 157 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, aho abari abaganga bashinzwe gufasha...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga mu guhangana nk’ikibazo cy’ubwandu bushya bw’avirus itera SIDA by’umwihariko bwiganje mu rubyiruko, abatuye mu...
Nyuma y’uko ibiza bishegeshe abatuye mu turere tw’Inata y’Uburengerazuba, utw’Amajyepfo n’utw’Amajyaruguru y’u Rwanda ndetse bigahitana ubuzima bw’abaturage bagera mu 130, Croix-Rouge y’u...
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’indashyikirwa mu karere mu buhanga bw’ibinyabuzima na eUbuzima (CEBE) cya Kaminuza y’u Rwanda, bugaragaza ko 25% by’abafite ubumuga mu Rwanda...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda ndetse no mu karere ka Africa y’Uburasirazuba usanga bikunda kugora abafite butandukanye kubona...
Ubwo kuri uyu wa 28 Mata 2023, mu Karere ka Rwamagana hakomerezaga ubukangurambaga bwo kurwanya icyorezo cya SIDA bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima...
Hirya no hino mu Rwanda inzego z’ubuzima n’izibanze bakomeje gushyira imbaraga mu guhangana n’ikibazo cy’inda ziterwa abangavu ndetse no gukumira ubwandu bushya...