Umuryango uhuza ibikorwa by’amavuriro ya Kiliziya Gatolika n’amatorero yemewe na Leta mu Rwanda BUFMAR (Bureau des Formation Medicale Agree du Rwanda),uratangaza ko...
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mutarama 2019, mu nama yahuje abayobozi ba RWAMREC (Rwanda Men’s Resource Center), hamwe...
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Kivumu, bageze mu za bukuru barashimira ubuyobozi ku nkunga y’ingoboka igera ku mafaranga...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buhangayikishijwe n’ikibazo cyo gukumira burundu ibibazo ku bangavu batewe inda bataragira imyaka y’ubukure, kubera guhishira ababasambanyije kugira ngo...
Amakimbirane mu miryango ashingiye ku mitungo cyane cyane mu bijyanye n’izungura, akunze kugaragara ku baturage badasobanukiwe n’amategeko ndetse nuburenganzira bwabo bub abarengera....
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro ntibarasobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango bigatuma bata inshingano zabo bagasigara inyuma mu iterambere....
Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo hagiye hanze amakuru y’uko LaForge Fils Bazeye wari Umuvugizi wa FDLR n’ushinzwe iperereza muri uyu mutwe ugizwe...
Abahinzi hamwe n’abafite inganda zitunganya umuceri mu Rwanda, bagaragarije Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ibibazo by’ingutu bibugarije birimo icy’umuceri wa kigori wabaye mwinshi mu...
Mu gihe isi irimo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 hasinywe kubahiriza uburenganzira bwa muntu, u Rwanda ruratangaza ko rumaze gukora byinshi ngo abanyarwanda...
Umugore wo mu Kagari ka Burushya mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko y’Ubugenzacyaha kuva ku wa Kabiri w’iki...