Bamwe mu bagore bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba bavuga ko bahangayikishijwe n’ ubuzima babayeho mu ngo zabo bitewe...
Ubuyobozi bw’umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka gatsibo , buvuga ko kugirango imihigo yawo igerweho ari ngombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyaruguru rwafashe iya mbere mu kurwanya ibiyobyabwenge kuko ari nyirabayaza w’ibyaha n’indwara zitandukanye bizahaza iterambere Ibi uru...
Abaturage bo mu Kagari ka Munini, murenge wa Rwimbogo , Akarere ka Gatsibo bakomeje kwishimira ivuriro bubakiwe mu kagari ka Munini. Iri...
Mu rwego rwo kwimakaza imiyoborere myiza, Akarare ka Gatsibo kagaragaraza ko ibikorwa bigerwaho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa n’abaturage bako. Mu kiganiro ubuyobozi bw’Akarre...
Imboga ni ikiribwa ntagereranwa, kubera intungamubiri zibonekamo zishobora kurinda indwara zitandukanye bitewe kandi n’uburyo zateguwemo. Amakuru dukesha urubuga rwa Doctissimo.fr, aratangaza ko...
Amata ni kimwe mu binyobwa n’abatari bakunda mu bihe bitandukanye usibye kuyanywa kandi abyazwamo ibindi bitandukanye nk’amavuta n’ibindi Umuganga w’umuhanga mu kuvura...
Ku bufatanye bw’umuryango w’abanyamakuru barwanya Sida n’izindi ndwara uzwi ku izina rya ABASIRWA n’ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanaho mu buzima (RBC), abanyamakuru basuye...
Kuva ku wa 10 Ukuboza 2017 kugeza kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017, actionaid yateguye umwiherero w’abana b’abakobwa muri...
Benshi mu bagore cyangwa abagabo cyangwa bakunze kwibaza ku kibazo cyo kuboneza urubyaro cyangwa bakibaza abaganga abaganga mbere cyangwa mu gihe bari...